Uyu munsi, Umuyobozi wโImirimo Rusange mu Karere,@JNiyongaboR yakoranye inama nyunguranabitekerezo nโabahagarariye ama hotel nโahandi hagenewe kwakira abantu, baganira ku myiteguro yo kwakira abazitabira imikino ya nyuma yโamarushanwa Umurenge Kagame Cup azabera muri aka Karere.
Aya masengesho kandi yitabiriwe na Pastor Dr. Antoine Rutayisire, Abayobozi bโamadini nโamatorero mu muri @NtaramaBugesera, urubyiruko nโabandi bahagarariye inzego zitandukanye, aho bagiranye ibiganiro nyunguranabitekerezo bigamije gushaka ibisubizo bizana impinduka mu baturage.
Kuri iki Cyumweru, Umuyobozi wโAkarere @MutabaziRich nโintumwa za @Leaders_Pray, bifatanyije nโUmurenge wa #Ntarama mu masengesho yโabayobozi mu nzego zitandukanye afite insanganyamatsiko igira iti:"Igisonga gifite intego: kumenya Abantu b'Imana, Icyerekezo n'umutungoโ.
Vice Mayor @YImanishimwe yabahaye ikaze abasaba kuzarangwa nโimyitwarire myiza iwabo. Yabijeje kandi ko Ubuyobozi buzakomeza kubaba hafi no gukurikirana imyitwarire yabo mu miryango babamo, anabizeza ko bazafashwa gusubira ku ishuri.