The official Twitter handle of Rwanda Elders Advisory Forum. The national agency responsible to advise the government on topical issues.
Email: [email protected]
atagera ku banyamuryango bose ba Koperative, abagize itsinda ry'Inararibonye bunguranye ibitekerezo na Komiseri Mukuru wa RRA ndetse na bamwe mu Bayobozi bakuru/MINECOFIN, bumvikana ku nzira ibyo bibazo byanyuzwamo ngo bikemurwe Koperative zikomeze kuba isoko y'ubukungu mu Rwanda
ndetse no kutagira uruhare rufatika mu ifatwa ry'ibyemezo. Icyari kigaminwe ni ukungurana ibitekerezo ku cyakorwa ngo amahugurwa atangwe kandi ku buryo buhoraho.
Kuri uyu wa Gatanu, abagize Itsinda ry'Inararibonye @REAF_RWANDA bakiriye Umuyobozi wa BRD ari kumwe na bamwe mu bakozi ba BRD, bungurana ibitekerezo ku bibazo by'amakoperative yahawe inguzanyo ariko akaba yarananiwe kwishyura kubera imicungire mibi no kutubahiriza amasezerano.
Abagize REAF babonanye na Minister wa Minaloc n'Abayobozi bakuru muri Minaloc bungurana ibitekerezo ku bibazo biri mu makoperative n'inama y'icyakorwa kugirango uruhare rw' Inzego z'Ibanze rutume Amakoperative arushaho kuba umusemburo w'Iterambere.
Abagize itsinda ry'Inararibonye @REAF_RWANDA riyobowe na Hon. Marthe bunguranye ibitekerezo n'Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu ku mbogamizi zituma Koperative zidakomeza kuba umusemburo w'impinduka mu bukungu no mu mibereho myiza y'abanyamuryango ndetse n'Abanyarwanda muri rusange.
Kuri uyu wa Kabiri, Itsinda ry'Inararibonye riyobowe na Hon Marthe, bunguranye ibitekerezo n'Umuyobozi w'Akarere ka Burera ku mbogamizi zituma Koperative zidakomeza kuba umusemburo w'impinduka mu bukungu no mu mibereho myiza y'abanyamuryango ndetse n'Abanyarwanda muri rusange.
Abagize itsinda ry'Inararibonye bunguranye ibitekerezo na Governor , Abakozi ba RCA mu Ntara y'Amajyaruguru ku bibazo byugarije amakoperative n'icyakorwa ngo zikomeze kuba isoko y'iterambere n'imibereho myiza mu Rwanda.