Uyu munsi, ku bufatanye na @RwandaLocalGov, Umuyobozi w’Ishami ry’Imiyoborere Myiza mu Karere, Jean Jacques Rwabuhaya, hamwe n'urubyiruko rwa @bugeserayouth, yakiriye urubyiruko rwa @RubavuDistrict rwaje mu rugendo shuri rwo kwigira ku dushya twa “Bugesera Urubyiruko Turashima.”
Asante sana @bugeserayouth kubwo kutwereka ubudasa bwa @BugeseraDistr ibyiza mukora ni ibyo kwiganwa. Mukomeze mumujishi wo gushyira umuturage ku Isonga👊🏾👊🏾
Muri inshuti nziza za #Rubavu
Wondering if you are eligible to apply for #ImaliAgriChallenge Phase 3?
Before applying, take a moment to carefully review the eligibility criteria. If you meet the requirements, this is your opportunity to take your agribusiness to the next level.
Apply today: https://t.co/EKTtmhomlz
#ImbutoEngages
Uyu mugoroba, mu Ishuri rya Polisi riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana, Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe Ibikorwa, CP Vincent Sano, yakiriye ku meza abanyeshuri bitegura gusoza amahugurwa y’icyiciro cya 14 (2025–2026) ahabwa abitegura kuba ba Ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda.
CP Vincent Sano:
“Umwambaro mwitegura kwambara usobanuye inshingano, ubuyobozi, gukorera igihugu ndetse n’icyizere igihugu kibagirira. Nk’abazaba abayobozi b’ejo hazaza, mujye mwibuka ko ubunyamwuga butagaragarira gusa mu bushobozi bwo gukora akazi neza, ahubwo bunagaragarira mu mico myiza, imyitwarire iboneye, kubaha no guha agaciro buri wese, ndetse no kuba intangarugero mu byo mukora.”
-------
This evening, at the Police Training School in Gishari, Rwamagana District, the Deputy Inspector General of Police in Charge of Operations, CP Vincent Sano, hosted a dinner for trainees preparing to complete Cadet Course Intake 14 (2025–2026).
CP Vincent Sano:
“The uniform you are preparing to wear represents responsibility, leadership, service to the nation, and the trust that the country places in you. As future officers, always remember that professionalism is measured not only by operational capability, but also by integrity, ethical conduct, respect for every individual, and the ability to lead by example.”
Urubyiruko rw'Abakorerabushake ba @RwandaYouthVol1 bo mu karere ka @RuhangoDistrict twakoze ibi
➡️Twitabiriye ndetse tunafasha mu gikorwa cyo kwibuka ku inshuro ya 32 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Mirenge ya Bweramana, Byimana,Ruhango na Mwendo
Kuri uyu munsi, urubyiruko rw’abakorerabushake ku bufatanye na na @rpfinkotanyi bakoze #umuganda wo gufasha abaturage batishoboye n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banatanga ibiganiro ku gukunda igihugu no kwirinda ibiyobyabwenge. Umuganda wagenze neza.