Mu cyumba cy'inama cy'akarere,Meya SINDAYIHEBA Phanuel ayoboye inama ihuje ubuyobozi bw'Akarere n'abashinzwe iterambere ku kagari,ba ES b'utugari na ba ES b'imirenge haganirwa ku kunoza imikorere n'imikoranire no kwihutisha ibipimo by'iterambere n'imibereho myiza y'abaturage.
The girls are through to the Semi-Finals after beating Ghana🇬🇭 3–1
Now, all focus shifts to the Semi-Finals.
We would also like to take this opportunity to thank you all for the incredible support, especially Rwandans here in Kenya. Your support means a lot to the team🙏🏼🇷🇼❤️
Perezida Kagame yakiriye Thabo Mvuyelwa Mbeki, wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, uri mu Rwanda, aho yitabiriye Inama Nyafurika ku kuvugurura no guhindura imyumvire iganisha ku iterambere ry’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, izwi nka 'The Africa Mindset Reset Forum 2026’.
Ibiganiro by’Umukuru w’Igihugu na Thabo Mbeki byibanze ku ntego za #MindsetReset2026 ndetse n’uko hakenewe imiyoborere myiza kugira ngo imyumvire ibashe guhinduka muri Afurika. #RBAAmakuru
Uyu munsi, Amarushanwa ya #YouthConnekt na #ArtsConnekt Awards 2026 yatangiye ku rwego rw’Akarere mu gihugu hose, aho ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bari kwerekana bakanasobanurira akanama nkemurampaka imishinga yabo.
Urubyiruko rw'Abakorerabushake bitabiriye amahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa @RwandaLocalGov na @Rwandapolice. Aya mahugurwa aribanda ku kunoza imyitwarire y'urubyiruko no kubibutsa uruhare rwabo mu iterambere ry'imibereho y'abaturage no gukumira ibyaha.
‼️ANDI MAKURU KUBYEREKEYE BERNARD MAKUZA.
(Banza wumve neza kaga, ubundi usome ubu butumwa witonze)
Murabizi ko umuhezanguni Bizimana Damaseni ahoza mu majwi Anastase Makuza (se wa Bernard Makuza) amushinja kuba yari ku isonga ry'ingengabitekerezo ya MDR-Parmehutu ishyaka ryahiritse ingoma mbi ya gihacye ya cyami.
Bivugwa ko ibyo umuhezanguni Bizimana yirirwa avuga kuri se bitashimishije umwana we Bernard Makuza, hanyuma akamubwira akantu asa nkumuvugiraho aho yise umuhezanguni Bizimana ko ari nyagasani (ashatse kumuningura ko yica agakiza ntabibazwe)
Bikavugwa ko mu gihe hategurwaga inama ya dis-unity club, basabye Bernard Makuza kuzatangamo ikiganiro avuga kubyerekeye MDR (ya Twagiramungu) nk'ishyaka yabayemo nawe, kandi ryavutse kuri MDR-Parmehutu ise yabayemo rinashinjwa kuzana amacakubiri, nuko Bernard Makuza akabyanga.
Ibyo byatumye umunyagitugu kaga amwibasira atamuvuze izina muri iyo speech yakoze, ndetse bahita batangira kumuteza abamotsi babo hano ku mihanda no mu binyamakuru by'inkotanyi.
Nimubishaka muzambwire mbazanire impamvu bakora iyo harrassment/character assassination & humiliation kuri Bernard Makuza
Sinjye wahera!!!