#Rwanda became the first country in the world to incorporate drone technology into its #health care system for delivering blood and medical supplies to hospitals across its Southern and Western provinces. https://t.co/3P32Z328sX
.@Dr_Uwamariya: Duhereye ku bipimo bitangazwa na @RwandaHealth muri iki gihe ntabwo twizeye ko abana bagiye ku ishuri batagira ibyago byo kwandura iyi ndwara kandi ntitwaba twarafunze amashuri indwara itarakomera ngo dufungure ari uko imibare yiyongereye.
.@Dr_Uwamariya: Reka twumve ko ifungurwa ry’amashuri riterwa na buri munyarwanda wese kuko abana bajya mu mashuri bari mu miryango yacu bityo twese uyu munsi tubigize ibyacu tukubahiriza amabwiriza kuburyo nta murwayi mushya wa covid19 gufungura amashuri birashoboka.
Itegeko No 32/2016 rigenga abantu n’umuryango ryavuguruwe muri uyu mwaka 2020 ryatanze uburenganziza bwo kwandika abavuka no kwandukura abapfiriye mu bigo nderabuzima bya leta n’ibyigenga; naho ibyabereye mu muryango bigakorerwa ku rwego rw’akagari.
Uyu munsi mu #Rwanda hatangijwe uburyo bwo kwandika mu irangamimerere abavutse no kwandukuza abapfuye bikorewe kwa muganga.
Umuhango witabiriwe ku rwego rw’igihugu n’abaminisitiri @ashyaka na @DrDanielNgamije n’abandi bayobozi wabereye ku bitaro bya Masaka i #Kigali.
JUST IN:
This Friday, July 31st, shall be a public holiday as the Muslim community in Rwanda @islamrwanda will be celebrating #EidAlAdha, @RwandaLabour has announced.
#RBANews
2/3 Ubuyobozi bwa #RMC buramenyesha abayislamu bo mu zindi Ntara ko: Mu ntara y’@RwandaNorth (Amajyaruguru) umusigiti wemerewe gusengerwaho ari umusigiti mukuru wa @MusanzeDistrict ,Iburasirazuba ni ku musigiti mukuru wa @RwamaganaDistr naho izindi Ntara ziracyategereje uruhushya
1/3 Nyuma y’igenzura ry’inzego zibifite mu nshingano,Ubuyobozi bwa #RMC buramenyesha abayislamu ko imisigiti 2 mu mujyi wa @CityofKigali Masdjid Madina na Masdjid Al Qudsi ariyo iribukorerweho isengesho rya Idjuma none tariki 24/7/2020 @InterfaithRda@Gasabo_District@Nyarugenge
3/3 : Kubera experiences ku bandi bana nk’aba, bati mureke dukore ikizami cya DNA / ADN tutazatungurwa nyuma y’icyo gihe cyose. Umu Papa ati rwose Njye nta na DNA nkeneye Ariko birangira ikozwe yemeza ku gipimo cya 82 % Ko wa Mugabo ari Nyirarume🙏🏾😓