@IGIHE@RIB_Rw Ibi bintu byagakwiye kugira ababibazwa gute igicuruzwa kiba gifite S mark abacuruzi bakakirangura kuko bizera urwego rutanga ibyangombwa byubuziranenge bwaca ngo ntibwuzuye ese ubu turacyafite impamvu yo kubizera abahombejwe nabyo bazabariza he ?