Guhera ejo tariki ya 09/06/2026, saa cyenda mu Murenge wa Tumba, @HuyeDistrict, twabuze umuriro kugera izi saha. @reg_rwanda iki kibazo kirakemuka ryari ko imirimo yapfuye? Murakoze.
@rrainfo mudufashe kunoza service zihabwa abagana office ya rra i Huye. Umuturage agera kuri office akabura umuha service kandi yazindutse. Ubu twabuze uwadufasha mu bijyanye n'ubutaka!