Noneho u Rwanda ibyarwo byarangiye. Isi yose yateranye, East Africa yose yayiteraniye kandi Kenya ni igihugu gikomeye cyane. Ibaze ko Kenya yatangiye gukorana na Tshisekedi!
Niyo magambo abiyita ko bazi gusesengura ibya politike bivugishwaga!
President wa Kenya ntiyerekanye neza aho Kenya ihagaze?
Ati “M23 ntabwo ari ikibazo cy’u Rwanda kuko ntaho bahuriye. M23 ni Abacongomani.”
President Kagame nawe yabivuze kenshi ko M23 ari aba Congomani.
Ahubwo Kinshasa ihame hamwe AFC/M23 iyigishe uko diplomacy ikorwa
Niba ukunda Intare za Sarambwe siga Umutima hasi nabo babone ababashyigikiye uko bangana hano ❤️
AMASHUSHO: Mu ruzinduko rwe rw’iminsi ine ari kugirira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida wa Kenya, William Ruto, yagaragaye ananirwa kumvikana n’uwavugaga Icyongereza mu buryo bw’Abanyamerika, amusaba gukoresha ururimi rw’Igiswayile.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, @Vbiruta, yakiriye abadipolomate baba mu Rwanda, abaganiriza ku bikorwa biteganyijwe mu bihe biri imbere ndetse n'ibigezweho mu Karere. #RBAAmakuru
🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨
Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, DGPR, (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza, yamaze gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y'Amatora, ibyangombwa byaburaga ngo Kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 ibe yuzuye.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 21 Gicurasi 2024, nibwo Dr Frank Habineza, aherekejwe n’Umunyamabanga w’Ishyaka DGPR, Ntezimana Jean Claude, bageze ku biro bya NEC bakirwa na Perezida wayo Oda Gasinzigwa.
Ku bufatanye na @LODARwanda, mu karere ka #Nyarugenge hari kuba amahugurwa y’Abashinzwe Imibereho myiza baturutse mu mirenge yose kuri gahunda nshya ya VUP y’Inkunga y’Ingoboka igenewe abageze mu zabukuru #UmuturageKuIsonga#RwoT
DEA @EmmyNGABONZIZA1 yifatanyije n'abatuye Umurenge wa Mageragere mu bukangurambaga bwo kurwanya Malariya bwateguwe na @RBCRwanda ku bufatanye na Rotary Club ku nsanganyamatsiko igira iti “Turandure Malariya”. Ibyakozwe:
-Gutera umuti mu bishanga
-Urugendo rwo Kwamagana malariya
Kuri uyu wa Kabiri, Visi Perezida w'Ikigega IFAD, Dr @g_mukeshimana aherekejwe n'Umunyamabanga wa Leta muri @RwandaAgri Eric Rwigamba @KayonzaDistrict i Kabarondo, ahakorera umushinga KWIIP ahahinzwe imbuto zitandukanye zirimo avoka, amacunga, ibifenesi n'izindi.
AMAFOTO: Umwarimu usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro cy’Abagore.
Nyuma yo gutanga kandidatire ye yagaragaje ko yiteguye kwegukana umwanya mu badepite 24 b’abagore, kandi ko afite icyizere cy’uko azabasha kuzuza inshingano kuko yabaye mu myanya itandukanye y’inzego z’ibanze.
Perezida wa Kenya, William Ruto yatangaje ko Leta ya Congo yemera ko abagize M23 ari abanye-Congo, nyamara aho gukemura ibibazo bafite ikabyegeka ku Rwanda.
Ati “Nk’abakuru b’ibihugu twabajije RDC duti “abantu bari muri M23 baba ari Abanyarwanda cyangwa ni abanye-Congo?’ RDC yadusubije ko ari abanye-Congo. Ikibazo cyari kirangiye. Aba bantu niba ari abanye-Congo, bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?”
📢Umujyi wa #Kigali ku bufatanye na @MiniYouthRwanda ubatumiye mu rubuga ruhuza abatanga akazi n’abagashaka "Jobnet" tariki ya 14/12/2023 muri KCEV (Camp Kigali).
Iyandikishe mu bazitabira unyuze hano 👇
https://t.co/7kxws012dU