Nshuti zanjye Abanyarwanda, mbifurije Umunsi Mwiza wo #Kwibohora32
Uyu ni umunsi wo kwishimira ubutwari, ubuyobozi bufite icyerekezo buyobowe na Perezida Paul Kagame, n' iterambere u Rwanda rumaze kugeraho mu myaka 32 ishize.
Mboneyeho no koherereza indamutso zanjye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, mbifuriza mwese amahoro, ubumwe n'iterambere bikomeza kubaranga.
Murakarama.
Uyu munsi kuwa 29 Kamena 2026
Abaturage bo mu Murenge wa Kamubuga wo mu Karere ka @GakenkeDistrict basuye Urwibutso rwa Ntarama rwo mu Karere ka Bugesera.
Uru rugendo rwitabiriwe n'abaturage bagera kuri 260, barimo abakozi b'umurenge, abikorera, urubyiruko n'abahagarariye ibyiciro bitandukanye by'abaturage. Rugamije kwiga amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusobanukirwa ukuri kwayo no gukomeza kubungabunga amateka kugira ngo Jenoside itazongera kubaho ukundi.
Aba baturage b'Umurenge wa Kamubuga bayobowe n'umunyamabanga nshingwabikorwa Bwana @DUNIASaadi1 baherekejwe na Perezida wa ibuka / Gakenke Twagirimana Hamdoun .
Iki Gikorwa cyabanzirijwe no Kwiga Amateka yaranze u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kunamira no gushyira indabo ahashyinguwe mu cyubahiro imibiri irenga 5000 y'Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama ni rumwe mu nzibutso z'igihugu zibitse amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ruherereye mu Murenge wa Ntarama, Akarere ka Bugesera, mu Ntara y'Iburasirazuba.
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itangiye muri Mata 1994, Abatutsi benshi bahungiye muri Kiliziya Gatolika ya Ntarama bizeye ko ari ho bari bubone ubuhungiro. Ariko ku wa 15 Mata 1994, Interahamwe n'abasirikare ba Leta y'icyo gihe bagabye igitero kuri iyo kiliziya bakoresheje gerenade, imbunda n'intwaro gakondo, bica abatutsi barenga 5,000 bari bahahungiye.
Muri icyo gitero, abagore, abana n'abasaza bishwe urw'agashinyaguro, ndetse bamwe bicirwa mu ishuri rya gatigisimu no mu bindi byumba byari bikikije kiliziya.
Kumenya aya mateka asangiwe y'aba baturage ba Gakenke na Bugesera biraha umukoro, abasuye urwibutso rwa Ntarama wo kurandura Ingengabitekerezo ya Jenoside n'Amacakubiri akomeje kwigaragaza mu karere Igihugu giherereyemo ndetse no ku Isi yose hakoreshejwe cyane cyane inzira y'ikoranabuhanga.
#kwibuka32 #TwibukeTwiyubaka
We are delighted to announce the signing of Amani Kouadiokan Michel Breygeneve!
He's officially one of our Lions now ready to wear the Badge with pride and fight for every ball, every match, every trophy. 💪🦁 🖤🤍
Let's give him the welcome he deserves! 🔥
🦁 WELCOME TO THE PRIDE! 🦁
#APRFC #CLUBGIANT
President Kagame has arrived in Dar es Salaam, Tanzania for a one-day working visit. President Kagame and his host President @SuluhuSamia of the United Republic of Tanzania are now having tête-a-tête meeting which will be followed by a joint press conference.
Congratulations as well to #VisitRwanda’s newest football partner Atlético de Madrid @Atleti on an impressive win and qualification for the UEFA semi-finals! Wishing you continued success!
Well done to #VisitRwanda partner @Arsenal for qualifying for the UEFA Champions League semi-finals tonight! Look forward to cheering you on during the next stage!
Warm congratulations to #VisitRwanda partner Paris Saint-Germain @PSG_inside on securing qualification to the UEFA semi-finals. Strong performance and a well-deserved result! Wishing you the best in the next stage!
Proud to see three #VisitRwanda partners qualifying for the UEFA Champions League semi-finals! The performances of @Atleti, @Arsenal and @PSG_inside have shown consistency, excellence and resolve, and we look forward to the games ahead!
Minisitiri Dr Bizimana yavuze ko mu 1990, Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yakoze raporo ivuga ko Jenoside iri gutegurwa mu Rwanda.
Mu 1991, Général Jean Varret, wari ushinzwe ubutwererane bwa gisirikare mu Bufaransa yasuye u Rwanda, abonana na Colonel Rwagafirita, amutangariza umugambi wa Jenoside yari iri gutegurwa mu Rwanda.
Icyo gihe ngo yamubwiye ko “Abatutsi ni ba nyamuke, tuzabatsemba, abajandarume bazafatanya n’abasirikare barangize ikibazo cy’Abatutsi kandi ntibizaba birebire, ni bake cyane.” #RBAAmakuru #Kwibuka32