➡️Kwirinda Imyubakire y’akajagari n'ibiyobyabwenge
➡️Gutabarana no gukumira ibyaha mu kwirindira umutekano
➡️Guharanira ko abana badata ishuri
Ni bimwe mu byo Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere Wungirije arimo kuganiraho n’Abaturage mu nteko irimo kubera mu Murenge wa Nyamirambo
Indashyikirwa muri @rulindodistrict ni HIGHLAND RESORT Ltd, ikora ubucuruzi bujyanye no kwakira inama ndetse n’ibindi birori. Yinjije mu isanduku ya Leta umusoro ubarirwa muri miliyoni RWF 8,898,366 mu mwaka ushize w’ingengo y’imari.
Uyu munsi Ikipe ya #RHA y'Umukino wa #Volleyball yakatishije itike ya 1/2 ari iya Mbere mu itsinda, nyuma yo gusûbiira kunyagira @RwandaICT amaseti 3:0.
Mu mukino ukurikira #RHA izahura na @Rwanda_Sports .
Extremely emotional moment as I say goodbye to my partner @Aviad_M who went back home to fight to defend Israel, together with other compatriots on the frontline.
Praying for his safety and the safety of all the brave women and men sacrificing to defend our Nation 🇮🇱❤️
@RealUmuhinzi @CityofKigali Hello
More than 60% of kigali residents are on rental contracts. This is therefore a good indecaror that rental housing is profitable. The huge market is within low and midddle income segments.
I am deeply grateful to H.E. @PaulKagame for the opportunity to serve at @RDBrwanda. The growth and mentorship I've experienced has been truly unprecedented. RDB has been more than a job; it's been a labor of love that has greatly enriched me both personally & professionally.1/2
🚨Biri kuba:🚨
Abakozi ba #RHA, #BRD, Abashoramari mu by’ubwubatsi bw’inzu; bari mu Bukangurambaga bwa #Giriwawe kuri Minisiteri y’Ingabo ku #Kimihurura. Ubu Bukangurambaga bugamije gusobanura uburyo bwo gutunga inzu binyuze muri iyi gahunda ya #Giriwawe ...
🚨ANNOUNCEMENT🚨
The Management of Rwanda Housing Authority (RHA) would like to inform the general Public that effective from 28-08-2023, we've relocated all services and functions to #Gishushu KG 9Ave, in a newly completed sky scraper - 4th floor, beside #RDB.
@RwandaInfra
Nk'imwe muri serivisi #RHA itanga,Abakozi bayo hamwe n'ab'Akarere ka #Rulindo ku bufatanye n'abaturage,bari gutunganya site z'imiturire za Tabyuka mu Murenge wa #Buyoga na Mugote muri #Ngoma. Izi site zitezweho kunoza no guteza imbere Imiturire ndetse no kwihutisha iterambere.
Uyu munsi wa 4 w'Ukwezi kw'Imiyoborere myiza, Umuyobozi wa #Rulindo@Jmukanyirigira hamwe n'abahagariye @RIB_Rw & @Rwandapolice basuye Umurenge wa #Shyorongi baha impanuro abaturage, bakira kdi baha umurongo ibibazo byabo.
"Turandure akarengane, dushyira umuturage ku isonga"