🇳🇱 ORANJE HISTORY ALERT!
⌚️ Netherlands’ quickest World Cup strikes of all time:
🥇 1:26 – Neeskens vs Germany (1974)
🥈 2:32 – Van Persie vs Brazil (2014)
🥉 3:59 – Cocu vs Mexico (1998)
🆕 4:58 – BROBBEY vs Sweden (2026)
WORLD CUP 2026
LIVE 📻 88.8FM, 90.3FM, 107.3FM I saa 19h00.
NETHERLANDS vs SWEDEN ni umukino w'umunsi wa 2 mu itsinda rya F mu gikombe cy'isi cya 2026 kuri HOUSTON STADIUM 🏟️ yakira abantu ibihumbi 71,054.
Ni iyihe itsinda uyu munsi?
Umusifuzi ni Michael Oliver.
Ni @AlunnoRwanda na @PeterEinstein12.
Ibitekerezo byanyu bihawe ikaze.
#Amakuru
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Stephen Mbundi.
Kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda ku bufatanye n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Mpunzi, rwakiriye itsinda rya 23 rigizwe n’abasaba ubuhungiro 173 bavuye muri Libya.
Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashyize hanze ibigize amasezerano iki gihugu cyagiranye na Iran yo guhagarika intambara imaze amezi atatu n’igice ica ibintu mu Burasiruba bwo Hagati.
Abanyeshuri basaga ibihumbi 3,000 biga mu bigo birimo Lycee Saint Jerome Janja, Janja TSS na GS Notre Dame Janja bitabiriye ubukangurambaga ku kamaro k’ibidukikije no kurwanya iyangizwa ry’amashyamba, n’uruhare rwabo mu kubisigasira.
Bibukijwe ko ibidukikije bifite uruhare rukomeye mu mibereho myiza y’abaturage kuko bitanga umwuka mwiza duhumeka, amazi meza, ndetse bikanafasha mu guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe.
Ndetse ko amashyamba ari inkingi y’ubuzima n’iterambere ry'abaturage, kuko iyo atemwe nta gahunda yo kongera kuyatera, ubutaka burangirika, mu gihe cy’imvura bigateza inkangu n’imyuzure, ibikorwa remezo bikangirika, ndetse n’abaturage bakava mu byabo bakimuka bitunguranye.
Iki gikorwa cy'ateguwe na
DUHAMIC-ADRI ku bufatanye na IOM Rwanda binyuze mu mushinga uterwa inkunga na Guverinoma y’Ubuyapani Ugashyirwa mu bikorwa ku bufatanye na REMA.
@Duhamic1@IOMRwanda@REMA_Rwanda@jica_direct@top5sai
Ku kibuga cya Nemba giherereye muri @GakenkeDistrict , habereye ubukangurambaga bugamije kongerera urubyiruko rw'abanyeshuri biga kuri Nemba ya mbere, Nemba TSS na GS Nyarutovu ubumenyi ku kamaro k’ibidukikije no kurwanya iyangizwa ry’amashyamba, n’uruhare rwabo mu kubisigasira.
Abanyeshuri bahawe umwanya wo kugaragaza uruhare rwabo mu kubungabunga ibidukikije, mu bitekerezo batanze harimo ko gutema amashyamba mu buryo butemewe, gutwika ibimera no gukoresha nabi umutungo kamere biri mu bitera iyangirika ry’ibidukikije, bikagira ingaruka zirimo amapfa, imvura idasanzwe, isuri n'ibindi.
Banagaragaje ko kuvangura imyanda ibora n’itabora ari imwe mu ngamba z’ingenzi zo kubungabunga ibidukikije no kurinda ubuzima bw’abantu.
@Duhamic1@IOMRwanda@REMA_Rwanda@RwandaNorth
Muraho!
Tubararikiye gukurikira ikiganiro kidasanzwe kigaruka ku mirire n’ingo mbonezamikurire y’abana bato.
Iki kiganiro muragikurikira ku mirongo yacu ya FM 88.8 FM, 90.3 FM ndetse 107.3 FM, kuva saa 18h00-19h00'.
@MusanzeDistrict@Rwanda_Child
Ikaze!
Mu rwego rwo gukomeza gushyira imbaraga mu bikorwa byo gukumira no kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza, twabateguriye ikiganiro kidasanzwe kigaruka ku ruhare rwa buri wese mu bikorwa byo kubaka ubudahangarwa ku biza.
Turagaruka no ku biza bikunze kwibasira ibice bitandukanye by’igihugu, by’umwihariko ibyibasira @RwandaNorth n’ingaruka zabyo.
Ni ikiganiro twabateguriye ku bufatanye na Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi @RwandaEmergency , aho kuri uyu wa 7 GICURASI 2026 guhera mu kanya saa 9:00, muri studio za ENERGY Radio turaba turi kumwe n’umukozi wayo ushinzwe ubukangurambaga n’amahugurwa NYIRANSABIMANA Fernande.
Gukumira ibiza ni ibya buri wese!
Uretse ku mirongo yacu ya FM ari yo 88.8, 90.4 n’ 107.3, mwanatwumvira kuri https://t.co/J08TSxB9Wg ndetse no kuri https://t.co/BGTGmqdsXo
Ikaze.
Tubararikiye gukurikira ikiganiro cyihariye #EnergyRadio, igirana n'abayobozi ndetse n'abanyeshuri mu ishuri rya ESSA-Ruhengeri.
Insanganyamatsiko: 𝐈𝐦𝐩𝐚𝐧𝐨 𝐳’𝐮𝐫𝐮𝐛𝐲𝐢𝐫𝐮𝐤𝐨, 𝐢𝐦𝐲𝐢𝐝𝐚𝐠𝐚𝐝𝐮𝐫𝐨 𝐧’𝐮𝐤𝐨 𝐛𝐚𝐭𝐞𝐠𝐮𝐫𝐚 𝐞𝐣𝐨 𝐡𝐚𝐳𝐚𝐳𝐚 𝐡𝐞𝐳𝐚.
Ikiganiro kiranyura live kuri Energy Radio no kuri YouTube channel yacu kuri uyu mugoroba (20:00' – 22:00').
@Rwanda_Edu@REBRwanda@NESA_Rwanda@RwandaNorth@MusanzeDistrict@Muhoza_sector
IKIGANIRO KIDASANZWE!
Tubararikiye gukurikira ikiganiro Kidasanzwe kiragaruka ku bukangurambaga ku kwirinda kanseri y'uruhu.
Ni ayahe makuru ufite ku mpamvu zishobora gutera kanseri y’uruhu?
Ni uguhera mu kanya saa 10h15-11h00’ kuri #EnergyRadio@NicodemeHAKIZI1@RwandaHealth #OIPPA RWANDA @NUDOR_Rw
IKIGANIRO KIDASANZWE!
Umugore nk'umuyobozi n'umukangurambaga mu guhindura imyumvire ku buzima bw'imyororokere.
Ese ababyeyi bagira uruhe ruhare mu kuganiriza abana babo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere?
Ni uguhera mu kanya saa 15h00-16h00’ kuri #EnergyRadiio .
@NyabihuDistrict@Imbuto@JeunesNgo@RBCRwanda
Amahoro!
Uyu munsi mu kiganiro #UbusesenguziBwimbitse, turasesengura ingingo igira iti:
"UMUKOZI N'UMUKORESHA; UMUYOBOZI N'UMUYOBORWA: Bakora hakurikijwe inshingano cyangwa bakurikije icyo bari cyo?
Guhera saa 07:00' kugera saa 09:00'.
Muri kumwe na Dr. SISI Jean Damascène na Dr. MANIRERE Jean D'Amour.
Ikaze.