“I did a trial at PSG. They didn't pick me.
The guy said, you're really good but you're too small, and also where you come from, we don't want you to Steal in the dressing room.” 😭
— Patrice Evra
Byiringiro Patrick wakiniraga KEPLER yitabye Imana
Inkuru y’incamugongo yazindukiye mu matwi y’abakunzi ba Volleyball mu Rwanda nyuma y’urupfu rwa Byiringiro Patrick wari umukinnyi wa Kepler VC.
Inkuru y’urupfu rwa Byiringiro Patrick wari umukinnyi wa Kepler VC, yasakaye muri iki gitondo aho yari arwariye mu bitaro byitiriwe umwami fayisari (King Faisal Hospital).
Byiringiro w’imyaka 23 yari asanzwe ari umunyeshuri n’umukinnyi w’ikipe ya Kepler volleyball club aho yayigezemo muri 2023. Hari hashize iminsi micye Patrick Byiringiro yumvikanye n’ikipe ya APR VC kuyikinita guhera mu mwaka utaha w’imikino.
Patrick yitabye imana azize uburwayi nkuko bitangazwa nabo mu muryango we nubwo uburwayi yari afite butaramenyekana neza.
https://t.co/P2NMgvzZFk
Buri gihugu muri byinshi kiyoborwa na Perezida umwe. Ariko ibyo si ko bimeze muri Bosnie-Herzégovine kuko yo iyoborwa na ba Perezida batatu. Menya uko byagenze ngo iki gihugu kigire uyu mwihariko.
🎙: @AyeraBelyne
📽: @GratiaUmwali
Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yemereye IGIHE ko Niyonzima Olivier ‘Seif’ wakiniraga iyi kipe, yayireze muri FERWAFA ndetse na we igomba kumwishyura ibyo imugomba.
Ati “Ni ibibazo tugenda dukemura buhoro buhoro. Seif biri ku rwego rwa Federasiyo, twaricaye turumvikana. Uko ikipe izagenda ibishobora, tuzagenda dukemura ikibazo ku kibazo.”
Rayon Sports yatandukanye na Seif muri Mutarama itamuhaye miliyoni 4,5 Frw yemerewe yongera amasezerano mu mpeshyi ya 2025 mu gihe kandi igomba kumwishyura imishahara y’amezi abiri ingana na miliyoni 1,6 Frw.
Jáminton Campaz was subjected to online death threats after missing a key opportunity in extra time during Colombia’s Round of 16 defeat to Switzerland, which was decided by a penalty shootout. 🇨🇴
Following the match, he appealed for respect in an Instagram post, while the Colombian Football Federation denounced the abuse and urged authorities to investigate. 🗣️
Stanley Nwabali lost his position as Nigeria's first choice Goalkeeper, after being without a club for 5 months.
He was the Captain of Chippa United in South Africa before he left.
His move to Simba SC failed due to salary demands of $35,000 monthly according to Afrik Foot.
🗣️Michail Antonio on the contract West Ham offered him when he was recovering from his car crash:
“Karren Brady told me she’d offer £5k-a-week with the under-21s. I said, 'How can you offer that when the under-21s are on more than that and I’ve been at this club for 10 years?'
Her response was, 'Well, they haven’t been in a car crash and shattered their leg."
(Via: @FourFourTwo)
Tanzanian singer Zuchu has announced that she and fellow music star and husband Diamond Platnumz have separated and are in the process of divorcing, bringing an end to their six-year relationship.
Read more: https://t.co/y2dDTs2ZLm
Lindsey Graham, umwe mu basenateri b’Abarepubulikani bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba n'inshuti ikomeye y'u Rwanda yitabye Imana afite imyaka 71 azize uburwayi bwaje butunguranye kandi bwamufashe igihe gito, nk’uko byatangajwe n’ibiro bye.
Graham yari amaze igihe kirekire ahagarariye Leta ya South Carolina mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika (Senate) kuva mu mwaka wa 2003. Yari azwi cyane mu bya politiki, by’umwihariko ku bijyanye n’umutekano, politiki mpuzamahanga ndetse n’imikoranire hagati y’impande zitandukanye.
Yari kandi umwe mu nshuti zikomeye z’u Rwanda mu Nteko ya Amerika. Mu gihe cyose yamaze muri politiki, yakomeje gushyigikira umubano mwiza hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda, anashyigikira gahunda zigamije guteza imbere umutekano n’iterambere ry’igihugu.
Kobbie Mainoo featured in all but 𝙤𝙣𝙚 game as England made it to Euro 2024 final… Establishing himself as a key part of the team 👀🏴
He’s played zero minutes at the 2026 World Cup 💔
The top four teams in the world rankings have made the World Cup semi-finals for the first time.
Fifa introduced a new draw format for this tournament to ensure the four top seeds wouldn't meet until this stage, if they all won their groups.