Ibirayi mureba, ejo abaturage babisaruye muri Gashari. Babihinze ku bufatanye bw'Akarere na @FH_Rwanda Guhera mu mwaka ushize ubuyobozi bw'Akarere bwabakanguriye kubihinga. Mu gihembwe gishize bahinze T247,000 kuri Ha 988. Muri iki bahinga T3,000 kuri Ha 1200 (ahari amazi).
Uyumunsi nasuye inzu itangaje @KarongiDistr inzu ndagamurage y'ibidukikije ni ahantu hagaragaza byinshi,kubidukikije,isanzure,umutungo kamere,akarusho uhasanga amateka atangaje y'umuco nyarwanda Thank you @celestin_nkusi thank you to the host me
Visi Meya Ntakirutimana Julienne yafunguye ku mugaragaro ibiganiro nyunguranabitekerezo ku guhanga umurimo unoze, muri gahunda y'ukwezi k'umurimo 2026. Yasabye gukomeza kongera uguhuza imbaraga hagati ya Leta n’abikorera mu guhanga imirimo kuko ituma hari abava mu bukene.
Hamwe na @RwandaLabour muri @KarongiDistr hari kubera inama nyumgurana bitekerezo Muguhanga imirimo, hashimimwe ibigo byikorera byitwaye neza muri gahunda ya igira kumurimo byahaye urubyiruko amahirwe nka HOME SAINT JEAN HOTEL, Bethany hotel na Centre Bethel @WesternPsf
Babandi mukunda kwigira muri SUMMER ibintu byaryoshye ubu gahunda ni KARONGI kuri @HomeSaintJean nk’ibisanzwe
Weekend,vacancy, ceremony, ndetse n’ibindi birori byose bisaba kwishima ntahandi ugomba kujya usibye muri HOME SAINT JEAN IKARONGI
ngewe iyi SUMMER Ndajyanayo n’uwonkunda ntabe ari wowe ubura home saint jean
Here we go 🥰🔥🔥🔥🔥🔥🔥
@Karongistaytour