@oswaki@NESA_Rwanda@REBRwanda Iyi mibarize ni myiza cyane twe tukiga batubaza ibyoroshye gusa wataha wabaye uwa mbere ababyeyi bakagira ngo uri umuhanga
@byukavuba Jye nize muri UR no muri AUCA ntabwo wanyumvisha uburyo umunyeshuri wa UR anenga AUCA. Zishobora kuba zose ari mbi ariko ibibi birarutana. Ku muntu nkawe wize UR ugeze AUCA wagira ngo ni paradizo.
@ReneBahati4@MAbdallaziz@RDBrwanda@afrika_jean Ibi biba muri Africa gusa kandi sintekereza ko ari twe dukunda umupira cyane. Abandi barebera umupira mu ngo zabo begereye screen banumva neza commentaries.